Uzarahira ku ndagizo ntari kumwe natwe
Choose an available translation of this Hadeeth
Hadeeth text
Hadith yaturutse kwa Buraydat (Imana imwishimire) yaravuze ati: Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yaravuze iti: "Uzarahira ku ndagizo ntari kumwe natwe."
Explanation
Benefits
Mu ndagizo hakubiyemo ibikorwa byo kwiyegereza Allah, no kumugaragira, n'indagizo n'amafaranga n'umutekano.
Indahiro ntiyemerwa cyeretse urahiriye ku izina rya Allah, cyangwa se kuri rimwe mu mazina ye cyangwa kuri kimwe mu bisingizo bye.
Umumenyi Al Khatwabiy yaravuze ati: Ibi bimeze nkaho ibibujijwe ari uko Allah yategetse ko umuntu arahira kuri we, cyangwa se ku mazina ye, cyangwa se ku bisingizo bye, ariko indagizo ntabwo ari kimwe mu bisingizo bya Allah, ahubwo ni kimwe mu mategeko ye, bityo babujijwe ibyo kuko harimo kubireshyeshya n'amazina ya Allah ndetse n'ibisingizo bye.
Attribution
Categories
Share hadeeth
Sharing options · 0 Total shares

