HadeethEnc · 1.25.0
Ko umugore umwe yagaragaye yapfuye muri zimwe mu ntambara Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yari yitabiriye, nuko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yamagana kwica abagore n'abana
Available translations
Choose an available translation of this Hadeeth
01
Hadeeth text
Hadithi yaturutse kwa Abdillah Ibun Umar (Imana imwishimire we na se) yaravuze ati: Ko umugore umwe yagaragaye yapfuye muri zimwe mu ntambara Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yari yitabiriye, nuko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yamagana kwica abagore n'abana.
02
Explanation
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabonye umugore umwe wiciwe muri rumwe mu ngamba, nuko yamagana kwica abagore n'abana bato batarakura.
03
Benefits
Abatari mu mirwano nk'abagore n'abana n'abandi banyantege nke nk'abasaza bageze mu zabukuru, n'abihaye Imana, abo ntibicwa, igihe cyose batagize uruhare mu kurwanya abayisilamu, ariko iyo babigizemo uruhare nabo baricwa.
Birabujijwe kwica abagore n'abana; kubera ko nabo batica abayisilamu ndetse ntibanabarwanya, kandi ikigamijwe mu kurwana uharanira inzira ya Allah ni uguca intege abanzi b'ubuyisilamu, kugira ngo ivugabutumwa ry'ukuri rigere ku bantu bose.
Impuhwe z'Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) haba no mu ntambara.
Birabujijwe kwica abagore n'abana; kubera ko nabo batica abayisilamu ndetse ntibanabarwanya, kandi ikigamijwe mu kurwana uharanira inzira ya Allah ni uguca intege abanzi b'ubuyisilamu, kugira ngo ivugabutumwa ry'ukuri rigere ku bantu bose.
Impuhwe z'Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) haba no mu ntambara.
Attribution
[Yemeranyijweho na Bukhari na Muslim]
Categories
Share
Share hadeeth
Sharing options · 0 Total shares

