HadeethEnc · 1.25.0
Ntitwajyaga twita ku mavangingo yenda kuba umukara n'ayenda kuba umuhondo aza nyuma yo kuva mu mihango
Available translations
Choose an available translation of this Hadeeth
01
Hadeeth text
Hadith yaturutse kwa Umu Atwiyat (Imana imwishimire) yaravuze, akaba yari umwe mu bagore bahaye Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) igihango cyo kuyikurikira no kuyumvira yaravuze ati: "Ntitwajyaga twita ku mavangingo yenda kuba umukara n'ayenda kuba umuhondo aza nyuma yo kuva mu mihango.
02
Explanation
Umusangirangendokazi w'Intumwa y'Imana Umu Atwiyat (Imana imwishimire) yavuze ko abagore bo ku gihe cy'Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) batajyaga bita ku mavangingo ava mu gitsina cyabo afite ibara ry'umukara cyangwa se iryenda kuba umuhondo, nyuma y'uko bavuye mu mihango; ntibyababuzaga gusali no gusiba.
03
Benefits
Amavangingo ava mu gitsina cy'umugore nyuma yo kuva mu mihango, ntacyo aba avuze, kabone n'ubwo yaba yahinduye ibara ari umukora cyangwa se umuhondo yivanze n'amaraso.
Amaraso yirabura n'ay'umuhondo agaragara mu gihe cy'imihango yo abarwa nk'imihango, kuko aba agaragaye mu gihe cyayo, uretse ko yo aba yivanze n'andi mavangingo.
Umugore ntakwiye kureka iswalat cyangwa se kureka gusiba kubera amaraso asa n'umukara cyangwa se umuhondo agaragara nyuma yo kuva mu mihango, ahubwo aratawaza agasali.
Amaraso yirabura n'ay'umuhondo agaragara mu gihe cy'imihango yo abarwa nk'imihango, kuko aba agaragaye mu gihe cyayo, uretse ko yo aba yivanze n'andi mavangingo.
Umugore ntakwiye kureka iswalat cyangwa se kureka gusiba kubera amaraso asa n'umukara cyangwa se umuhondo agaragara nyuma yo kuva mu mihango, ahubwo aratawaza agasali.
Attribution
[رواه أبو داود بهذا اللفظ ورواه البخاري بدون زيادة (بعد الطهر)]
Categories
Share
Share hadeeth
Sharing options · 0 Total shares

